Inyigisho yo kuwa kabiri w’icyumweru cya XXXIV gisanzwe/C-2019 Amasomo: Daniyeli 2,31-45; Luka 21,5-11 Yezu naganze iteka. Mu buzima busanzwe, abantu bagira ibyo bishimira n’abo bishimira, bagahimbazwa no kubibwira abandi mu biganiro byabo. Umuntu wese agira abantu yumva yishimiye, ibyo yishimira, haba ku bavandimwe, ku nshuti ze, cyangwa se ibintu yumva yishimiye kandi akishimira kubigeza no […]
Inyigisho yo kuwa gatatu w’icyumweru cya 23 gisanzwe/C, 11/09/2019 Amasomo: Abanyakolosi 3,1-13; Luka 6, 20-26 Yezu naganze iteka. Bavandimwe muri Kristu, hari ikintu twese abantu duhuriyeho, yaba umukire, umukene, yaba umutegetsi cyangwa utegekwa, wakwiyegurira Imana cyangwa ukaba umulayiki kugeza no ku muhakana-Mana: ni Uguhirwa. Guhirwa bikabumba ingingo nyinshi: amahoro, ibyishimo biherekejwe no gutunga ugatunganirwa. Wagira […]
Inyigisho yo kuwa kabiri w’icyumweru cya XVII gisanzwe/C Amasomo: Iyimukamisiri 33,7-11;34,5-9.28 Matayo 13,36-43 Yezu naganze iteka kandi aharirwe ikuzo n’ibisingizo. Bavandimwe intungane ni umuntu wese wemera kugendera mu nzira y’urukundo, y’ineza n’ubutabera kandi agaharanira ko byose bigenda uko Imana ishaka atari uko we abyifuza. Musa mu isomo rya mbere atubere urugero mu kwemera kugendera mu […]
Inyigisho yo ku wa kabiri w’icyumweru cya XII gisanzwe/C Amasomo: Intangiriro 13,2.5-12 Matayo 7,6.12-14 Yezu naganze iteka. Bavandimwe, uyu munsi Yezu aratwibutsa ibanga rigabira urigize irye, amahoro, umunezero bigasozwa no ku mushyitsa mu buzima butazima, aribwo bugingo bw’iteka, dukesha Yezu Kristu, Umunguzi wacu. Nta rindi rero ni iri: “Ibyo mwifuza ko abandi babagirira byose, namwe […]